AHABANZAURUKUNDO

Dore ibice 4 umukobwa aba yifuza ko ukoraho igihe muri kumwe ariko akaba atabikubwira

Akenshi iyo umuhungu n’umukobwa bari mu rukundo cyangwa bari guteretana, usanga bahana umwanya uhagije ku buryo ushobora no gusanga mu cyumweru baba bafite nk’amasaha 80 yo kuganira, 30 muri yo ugasanga akenshi baba bari kumwe imbona nkubone.

Mu gihe umukobwa n’umuhungu bari kumwe, akenshi ibiganiro byabo babikora begeranye ndetse banakoranaho.

Mu gihe bari kugirana ibiganiro, hari ibice bimwe na bimwe umukobwa aba yifuza ko umuhungu yakoraho ariko akaba adashobora kubimubwira.

Ibyo bice ni Umusatsi, Ibitugu, hejuru y’urukenyerero (munsi y’imbavu), ndetse n’ibirenge.

ibi bice uko ari bine, ni bimwe mu bice bibyutsa ibyiyumviro by’abakobwa, uko muganira akagenda arushaho kukwiyumvamo cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *