Ibyo wamenya ku bakobwa bafite agahigo ko kuryamana n’abagabo benshi mu gihe gito
Umuntu avuze ko gutera akabariro ari kimwe mu bikorwa bishimisha ndetse biraje benshi kuri iyi Si ya Rurema ndahamya ntashidikanya ko ataba agiye kure y’ukuri bitewe n’uko ibimenyetso simusiga bibigaragaza, gusa biratangaje ko hari abasigaye babikora nk’amarushanwa.
Aha tugiye kugaruka kuri bamwe mu bakobwa kugeza ubu bafite uduhigo two kuryamana n’abagabo benshi mu gihe gito kitarenze amasaha 24.
Lisa Sparkxx
Lisa Sparxxx ni umukinnyikazi fa filime z’urukozasoni wavukiye muri America muri Verginia mu mwaka wa 1977, gusa akurira muri leta ya Kentucky.
Muri aka gace kandi niho uyu mugore yize kaminuza, aho yahakuye impamyabumenyi y’ikiciro cya kabiri cya kaminuza mu bijyanye na Marketing.
Akimara gusoza amashuri ye yisumbuye, mu mwaka wa 1995 yaje gushyiranwa n’umukunzi we Jeff S. Hansen, batangira gukorana imishinga itandukanye, ndetse kuri ubu bakaba bafitanye umwana umwe gusa babyaranye.
Mu Ukuboza k’umwaka wa 2004, uyu mugore yaje kwitabira amarushanwa yabereye cya Poland mu cyiswe ‘Annual World Gangbang Championship’, aya akaba ari amarushanwa yari agamije gushakamo umukobwa wabasha kuryamana n’abagabo benshi ku isi mu gihe gito.
Uyu mugore yaje kuba icyamamare nyuma y’uko abashije guca agahigo ko kuba umugore wa mbere waryamanye n’abagabo bagera kuri 919 mu gihe kingana n’amasaha 22.
Uyu mugore ubwo yaganiraga n’itangazamakuru yahishuye ko ubwo yari muri aya marushanwa, yaryamanaga n’abagabo bagera ku 150 mu gihe kingana n’amasaha 7 n’igice, kugeza ubu akaba ari we mugore ku isi ufite agahigo ko kuba ari we waryamanye n’abagabo benshi.
Lily Phillips
Uyu mukobwa wavukiye mu Bwongereza mu mwaka wa 2001, nawe akaba yaramamaye mu nk’umukinnyikazi wa filime z’urukozasoni zinyuzwa ku rubuga rwa ‘Only Fans’, akaba aherutse guca agahigo ko kuryamana n’abagabo bagera ku 101 mu gihe kingana n’amasaha 24.
Icyakora aba bagabo bose ntabwo bigeze baryamanira mu cyumba kimwe, kuko yari yabanje gukodesha ibyumba bibiri byose yabiteguyemo camera ziza gufata amashusho kugira ngo bizamubere urwibutso ndetse n’igihamya cy’uko ibyo avuga atabeshya.
Yavuze ko ubwo yajyaga gufata icyemezo cyo kuryamana n’aba bagabo, yumvaga ko ari ibintu byoroshye braza gufata igihe gito ku buryo yumvaga ko mu masaha 14 azaba yabahetuye bose, gusa yavuze ko yaje gusanga ari ibintu bitoroshye na gato kuko byamutwaye igihe nawe ubwe atatekerezaga.
Uyu mukobwa ashimangira ko ubwo yari agejeje mu mu bagabo 40, yumvaga ataraza kubarangiza bose gusa kubera umutima ukomeye yari afite yarihanganye arabarangiza bose.
Yavuze ko nyma yo kuryamana n’aba bagabo yumvise nta kibazo na kimwe afite mu mubiri we, yewe habe n’inkorora.
Mu mwaka wa 2023, uyu mukobwa yatangaje ko afite intego yo kuzakuraho agahigo gafitwe n’Umunyamerikakazi Lisa Sparkxxx waryamanye n’abagabo 919 mu gihe kingana n’amasaha 22 ashyira 23.
Lily avuga ko we afite intego yo kuzakora agashya akaryamana n’abagabo 1000 mu gihe cy’amasaha 24 gusa, ndetse ahamya ko kuba yabashije kuryamana n’abagabo 101, ari intangiriro ikaba n’ikimenyetso simusiga ko n’aba 100 azabageraho.